audio audioduration (s) 2.11 56.5 | transcription stringlengths 35 829 ⌀ | domain stringclasses 1
value |
|---|---|---|
imbere yanjye ndahabona abantu benshi bicaye hari n'undi uhagaze uri kubasobanurira bari mu mahugurwa | government | |
ndikubona abantu harimo abagore n'abagabo n'abasore basa nk'aho bari mu nama yabateranyirije hamwe | government | |
inzego z'umutekano mu kiciro cy'igisirikare aho zifashishwa mu kubungabunga umutekano w'abaturage | government | |
icyicaro cya polisi kiri ku muhima imbere y'imiryango ya polisi hari ibinyabiziga bya polisi ndetse n'ibindi binyabiziga bitandukanye | government | |
umugabo uhagaze hanze ku zuba wambaye imyenda y'abagororwa n'amarinete ahagaze imbere y'icyuma mo imbere harimo urupapuro rw'umweru rusa n'urutanga amatangazo | government | |
umuhanda uwo muhanda kandi akaba ari uwa kaburimbo aho uwo muhanda urimo imodoka ziri kugenda n'amasitasiyo ari ku ruhande | government | |
abakozi bakora muri serivisi zo kugeza umuriro w'amashanyarazi ku baturarwanda bifashisha ibikoresho bitandukanye bibafasha kugira ngo babashe kuba bakora umuriro w'amashanyarazi | government | |
umuhanda urimo moto ebyiri imbere y'aho hari abagenzi bari kugenda mu byerekezo bitandukanye imbere y'aho na none hari abagenzi | government | |
umugabo wambaye ikoti ritukura na karuvati ifite umutako w'umweru akaba yambaye ingofero yiganjemo umukara n'umuhondo akaba yambaye na lunette | government | |
icyumba kigari kirimo amatara afite urumuri ruhagiye hahagazemo abagore n'abagabo bambaye amakanzu y'umukara imbere hari umugore wambaye ikanzu y'ibara ry'umutuku bafashe ku madarapo y'igihugu bisa nkaho bari kurahira | government | |
ni umuhanda wa kaburimbo muri uyu muhanda wa kaburimbo harimo ibinyabiziga bitandukanye moto itwaye imizigo n'amatoyota n'amapurado harimo amabisi ibyo twakwita nka shira umuteto ibinyabiziga bishinzwe gutwara abantu bibakuraho bari bari bibageza ahandi bifuza kugera | government | |
urusyo ni igikoresho cyiza cyakoreshwaga kera bari gusya amasaka bari gusya ibintu bigiye bitandukanye ariko ubu ntabwo bakibikoresha hasigaye haraje iterambere bakoresha imashini | government | |
umutemeri w'icyibo bifashisha bari gupfundikira icyibo kugira ngo batware ibintu neza cyane | government | |
ipoto ririho amashanyarazi ry'icyuma rirerire rifite ibyuma binyuranyuranamo byinshi cyane kandi biriho insinga | government | |
abayobozi bicaye mu nama n'umuyobozi wa polisi harimo n'abandi bo mu nzego zigiye zitandukanye bari kwiga ku kibazo runaka cyangwa se ku kindi kintu | government | |
igiti gishinzwe gufata insinga zikwirakwiza umuriro w'amashanyarazi kikaba gifata n'itara rimurika k'umuhanda munsi yacyo harimo ibiti byinshi bifite amababi menshi cyane | government | |
mu cyumba cy'inama harimo umugabo n'umugore basa neza bicaye ku ntebe buri wese afite mudasobwa ndetse naho bicaye harasa neza | government | |
umumotari uhetse umugenzi umugenzi ahetse igikapu iruhande rwaho hari ikimodoka kirekire gisa ibara ry'icyatsi gitwikirije shitingi hari umugabo ufashe kwi | government | |
ibiti ndetse n'amazu menshi meza atuye ahantu bigaragara yuko hari mu miturire kandi mu mudugudu w'icyerekezo amazu arimo ari mu bwoko bumwe | government | |
uburezi bwiza uburezi budaheza uburezi bugezweho aho umunyeshuri yiga agatangira pirimeri akazarinda asoza akiga yunivasiti ndetse akazanakomeza abaye abishaka ubu nibwo burezi bugezweho | government | |
aba ni abaturage bibumbiye hamwe bakajya gushaka ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga bakaba bari kubasobanurira uko bakwitwara | government | |
mu masaha ya ni mugoroba umuhanda wa kaburimbo ushushanyijemo imirongo y'umweru harimo ibinyabiziga byacanye amatara biri kugenda ahanyurwa bazengurutse hakaba hari ibyatsi ndetse n'ibiti hirya y'umuhanda | government | |
bisi barazikunda zigira akamaro gakomeye cyane bisi zitwara abantu ni ukumva ukeneye kujya ahantu kandi byihuse zirakujyana kandi mu gihe gito | government | |
ibinyabiziga bizwi nka rukururana birebire bitwara ibintu byinshi kandi biremereye biri gukoresha umuhanda bikoresha umuhanda | government | |
abagabo bambaye amataburiya y'umweru bicaye imbere ya mudasobwa barimo bakurikirana umurwayi kwa muganga ndetse bafite inyandiko mu ntoki zabo barimo bakora akazi ndetse bicaye ku ntebe zisa n'umukara | government | |
abantu binshi bicaye birasa n'aho bari mu nama buri umwe agiye afite mashini iruhande rw'iwe icupa ry'amazi bisa n'aho bagi hari ibyo bari gukora hari n'abafite terefone mu ntoki | government | |
nyakubahwa perezida wa repubulika y'u rwanda wambaye ishati ijya kuba umutuku ari kumwe n'umugore bigaragara ko bishimanye cyane inyuma yaho hari ikirangantego cya repubulika y'u rwanda | government | |
imitako ni myiza cane ikoreshwa n'abaturage bo hirya no hino aho usanga bayigura bakayijana kuyitaka mu mazu meza | government | |
inyubako ndende yubatswe mu buryo bugezweho y'igorofa irarwamo ndetse igakodeshwa by'igihe gitoya | government | |
umugabo usa naho ari ingorororwa ahagaze imbere y'abantu benshi bivuze ko ibintu ari kubabwiraho bari kumwumva | government | |
umwana w'umunyeshuri uryamye ku kirago yambaye ijipo y'umukara n'ishati y'umweru iruhande rwe hari agaseke ndetse n'igicuma | government | |
ni umusirikari uri mu ishyamba uhetse igikapu wambaye simoko afite imbunda yambaye n'ingofero | government | |
umunara w'itumanaho uri ahantu irange ry'umweru n'umutuku biwusize byakifashishwa gutanga interineti cyangwa itumanaho | government | |
ndi kubona umuhanda afite ibyerekezo bigiye bitandukanye aho kandi ndi kubona umuhanda urimo amatara awumurikira mu mugihe bwije uwo muhanda abantu benshi bahuzi ku izina rya kaburimbo | government | |
ingororwa zirinzwe n'abashinzwe kuzirinda aho ziri mu bikorwa byazo bari kubasaka | government | |
ndi kubona ahantu hasa nkaho ahari itente n'inzu inzu kandi ikaba iri gucaracaramo abantu ndi kubona n'imodoka iri ahantu hagati mu mbuga | government | |
ikibuga gisukuye kirimo umucaca mwiza w'icyatsi bigaragara ko ari ahantu bakinira imikino itandukanye hariho intebe nziza ndetse n'igisenge gisakariye aho | government | |
icyumba cyicawemo abantu abakobwa n'abasore ndetse n'abagabo n'abamama barasa naho bari mu mishyikirano | government | |
hano ni mu muhanda mugari uyu muhanda ukaba ufite n'ahantu ibinyabiziga binyura bizengurutse harimo haragendamo ibinyabiziga bitandukanye harimo amapikipiki ndetse n'imodoka zisanzwe | government | |
umutiba wagitse mu biti bine aho ukoreshejwe ibirere kandi ukaba uboshye mu birere ukaba ufite imyenge ibiri inzuki zinjiriramo | government | |
hano bari kutwereka umunara ni muremure ku buryo n'igicu kiri kuzamo igice cy'umweru n'ubururu uyu munara rero ni umutuku n'umweru amabara asizeho ni uw'icyuma | government | |
ndi kubona perezida paul kagame aho ari kumwe n'abandi bantu bamufasha mu bijyanye n'imiyoborere yiwe aho basa nk'aho bari kugenda baganira bishimye cyane | government | |
umunara munini w itumanaho utanga itumanaho ku bigo utanga serivi z'itumanaho mu rwanda bitandukanye | government | |
uyu ni umugabo ubona usa nk'ukuze arishimye cyane kumaso ye agasatsi ke karasokoje yambaye ikanzu y'umutuku ifite n'amabara y'umweru hagati | government | |
ni inzu ndende yubatse mu buryo butangaje ifite ibirahure by'umukara hasi hari andi mazu magufiya afite amabati asize irangi ry'umutuku hateye ibiti birebire | government | |
mu rwanda naho haboneka zimwe mu modoka zitabira amarushanwa yo kwiruka cyangwa gusiganwa bakoresheje imodoka aho izo modoka ziba zitandukanye zirihuta vuba cyane | government | |
abakinnyi b'umupira w'amaguru ni babiri bambaye impuzankano zigiye zitandukanye bamwe bambaye impuzankano y'ubururu ndetse undi yambaye iy'umuhondo ndetse hakaba hagiyemo n'utubara tw'umukara | government | |
ni imodoka nini zisize irangi ry'umweru bifashisha batwara imizigo igiye itandukanye bigaragara ko habaye inkongi y'umuriro hari abashinzwe kuzimya umuriro | government | |
bari kutwereka umumotari utwaye umugenzi akaba ageze muri zebura korosingi hakurya hapaba hari imodoka iparitse hakaba hari gipangu gifite amabati y'ubururu na porutayi mu mabati y'umutuku hakaba harimo akabara k'umweru ndetse hakaba hari n'indabyo zitandukanye | government | |
ndabona ikimodoka kinini cyane abantu benshi bakunze kwita igikamyo gitwara imizigo kivana ahantu hamwe kijyana ahandi ho inyuma hari abamotari batwaye abagenzi | government | |
umuhanda wa kaburimbo urimo tagisi vuwatire n'abanyonzi b'amagare babiri bari gusunika amagare yabo ahetse imifuka irimo ibirayi | government | |
urusengero ni rwiza cane ruhuriramo abantu batandukanye baza gusenga bakumva ijambo g'imana bakabasha gufashwa mu mibereho ya buri munsi cane | government | |
abantu babiri bari mu kibuga b'abasore bari gucengana mu mupira w'amaguru mu gukina umupira w'amaguru bari mu kibuga cyangwa se muri sitade bari gukina barimo bagenda mu nzira | government | |
abantu batandukanye bicaye mu cyumba kiri kuberamo inama imbere yabo hari uducupa tw'amazi yo kunywa ndetse bakurikiye umugabo uri imbere wambaye ikote ry'umukara uri kubagezaho imbwirwaruhame | government | |
abagabo benshi bicaye bari mu nama bambaye neza bigaragara ko hari imbwirwaruhame bakurikiye hari uwicaye imbere wambaye ishati nziza amarinete ufite n'icupa ry'amazi imbere ye | government | |
imodoka ebyiri zifite ibyuma imbere ndetse n'amatara amurika imbere cyane aho izo modoka zifite purake iri mu mabara y'umweru ndetse y'ikigo cy'igihugu gishinzwe umutekano polisi | government | |
abaturage biganjemo urubyiruko bahuriye hamwe mu bukangurambaga bwo kurwanya sida umupolisi ari imbere yabo abaganiriza | government | |
ni umugabo wicaye yambaye ikoti ndetse n'ishati akaba yicaye imbere y'amamikoro amutunze imbere ndetse hakaba hari n'agacupa k'amazi kamuteretse imbere | government | |
kubera gahunda ya leta yo kwagura ibikorwa remezo by'umwihariko harimo n'imihanda ya kaburimbo ikoze neza ibi ngibi byoroheje ishoramari aho ibinyabiziga bisigaye bitwara ibicuruzwa bimwe bibikura mu cyaro bi'ibizana mu mujyi ku buryo bworoshye cyane | government | |
ikigo gitanga serivisi z'ubuvuzi kizwi nka chuk giherereye hano mu mujyi hakaba ari muri parikingi yabo aho bafite ibyapa bigiye biranga aho amaserivise cyangwa ubuvuzi bugenda bukorerwa ndetse ubona ko hari n'abantu hari mu masaha y'igitondo | government | |
inzu nziza bigaragara ko iri ku muhandamiruhande rw'iyo nzu hari uruzitiro rwiza cyane ndetse n'ubusitani bigaragara ko bwitaweho neza | government | |
itangazo ry'ikigo cy'igihugu gishinzwe imisoro n'amahoro rishishikariza abaturage kugaragaza impano zabo bagatsindira amafaranga | government | |
umugabo uhagarariye ishami rishinzwe siporo muri minisport ya rwanda cricket association ari mu nama arimo kungurana ibitekerezo n'abagenzi be b'abayobozi | government | |
umuhanda uteyemo ibiti nk'imikindo n'ibundi bitandukanye hari umumotari utwaye umugenzi hakurya hari ipoto iriho icyapa k'icyatsi cya noheli | government | |
aya mamodoka atwara abagenzi ikagera mu nzira zabugenewe zitwara abantu babana n'ubumuga kugira ngo bave cyangwa binjire mu modoka bitabagoye | government | |
umu motari uri kugenda mu muhanda hakurya haparitse moto hateye ibiti by'indabo hari amazu y'ubucuruzi hari abantu bicaye hanze hari n'undi mu motari uhagaze ku ruhande | government | |
umugabo urimo useka uteruye ibuye akaba ari umugabo uri hafi y'insina ziteye ziteye inyuma yiwe akaba ari umugabo bigaragara yuko arimo arubaka kuko ateruye ibuye | government | |
inzu eshatu zifite amabati atandukanye hariho amarange y'umutuku umutuku wereruka amategura hari ibiti bitanga umwuka mwiza | government | |
umuhanda w'igitaka hirya yaho hari inzu isize irangi risa umweru n'umuhondo yubakishije amatafari asa shokora impande hari ibiti byiza cyane bisa icyatsi n'indabyo | government | |
leta yo gushyira ibyapa ku muhanda cy'umuvuduko wa mirongo itandatu bakakwereka ko imbere ari sipidi kamera ishobora kuba yagufata warengeje umuvuduko wa mirongo itandatu | government | |
umuyobozi wicaye ku meza yambaye ikanzu ya move iruhande rwe hari ibendera yicaye ku ntebe y'umukara afashe imeza | government | |
umugabo wambaye ikotwe ry'umukara n'ishati y'ubururu iruhande rwe hari abagabo bambaye amashati y'umweru imbere yabo hari mikoro bagiye bafite urupapuro n'ikaramu mu ntoki | government | |
imodoka isize irangi ry'umweru umutuku n'ubururu yandikishije mu magambo y'ubururu bigaragara ko ariyo bifashisha batwara abarwayi mu bitaro bigiye bitandukanye mu gihugu hirya haparitse izindi modoka | government | |
ukwezi ko gushimira abasora rwanda reveni otoriti yashyizeho ukwezi kwihariye ko gushimira abasora uruhare rw'imisoro mu iterambere mu karere ka burera bikaba ariho uyu munsi mukuru uri buze kubera | government | |
ni imodoka itwara imizigo ariko nta mizigo ifite igiye kuyishaka hari n'umumotari nawe udafite umugenzi ari gushaka abagenzi | government | |
ipato y'amashanyarazi rirerire rihuriweho insinga nyinshi ikozwe mu byuma hari n'ibiti munsi yacyo | government | |
ingoma ni igikoresho bavuza aho bari gucuranga bari gukoma mu rusengero ariko n'ahandi hantu habaye ibirori bakunze kuyijyana kuko nyine iyo uri kuyicuranga kandi unayizi no kuyivuza uba ubona ibirori byashyushe cyane | government | |
hano ni mu nzu mberabyombi y'ihoteli ndetse hakaba harimo haraberamo inama yo guhanga udushya mu rwanda | government | |
urutonde rwakozwe mu gukusanya amakuru runaka bagendeye ku midugudu utugari imirenge uturere ndetse n'igihugu | government | |
reb ni ikigo k'igihugu gishinzwe uburezi bw'ibanze icyo kigo kikaba ari ikigo kiba kireba imyigire n'imyigishirize by'abanyeshuri mu rwanda | government | |
agace gatoya ka moto kagizwe n'itara ry'ikinyoteri icyuma cyo gufataho gisa n'umukara icyuma kigaragaza purake ndetse na pulasitike irinda umugese ushobora kujya kuri moto n'urwondo rwinshi | government | |
aba ni ababyeyi rero urabona ko bafite ibintu bari kuganiraraho batatu beza cyane hari amazi imbere yabo bafite amakaye n'ikaramu hanyuma barandika ibintu bitandukanye bitewe n'ibiri kuvugirwamo hano inyuma urahabona umusore usa n'aho ari kwinjira aje kubareba | government | |
icyapa cya mpandeshatu kiri mu mabara y'umutuku umuhondo ndetse n'umukara gishushanyijemo utwambi kamwe kareba hejuru akandi kareba hasi twombi mu mabara y'umukara | government | |
abanyeshuri barangije kwiga kaminuza bakaba bara bambaye ya makanzu bambara bafata diporome ibyo bita kugaraduwetinga | government | |
iyo ukoze amafuti urayahanirwa uko waba umeze kose upipfa kuba biguhama nkuko ubona uyu nawe muri iyi myenda nicyo kimugaragaraho rero nawe nakugira inama yo kujya wirinda ibintu nk'ibyo ngibyo kuko nta keza kabyo | government | |
aha ni ahantu hari kubera inama ihuje abantu b'abayobozi kandi buri wese ateze amatwi ibiri kuhavugirwa | government | |
uyu rero nk'uko ubibona ni umwari mwiza cyane wambaye umupira w'ubururu inyuma handitseho amagambo asa umweru ndetse afite ikayi hafi ari no gukoresha mudasobwa ubona ko abyishimiye ubu ni ubumenyi rero bukoresha kuri buri muntu wese | government | |
ahantu hakoraniye abantu benshi cyane batandukanye hakaba hari umugabo umugore ndetse n'undi wambaye igikanzu cy'umutuku akaba ari perezida w'u rwanda ari kurahira | government | |
ikiganiro cy'ikigo cy'igihugu gishinzwe itangazamakuru arabiyeyi cyatumiyemo abayobozi batandukanye b'ikigo cy'igihugu gishinzwe imisoro n'amahoro rwanda reveni otoriti | government | |
niba ntawe ufite amazu manini kandi uzigahuriramo abantu benshi ni ngombwa gutumbira icupa ry'umutuku nkuko ubibona hano rero ni mu iduka baracuruza nkurikije ibyo ndi kuhabona bararifite kukurinda ko hafatwa n'inkongi ugasanga uhobye byinshi | government | |
amapoto abiri agerekeranye ari ku murongo utwaye insinga z'amashanyarazi hejuru hagaragara ibicu biri mu kirere by'umweru ndetse n'ubururu | government | |
ndikubona inzu ifite kizimyamwoto kandi ifite n'ahantu ushobora kuba wakugama n'imvura mu gihe iguye cyangwa se ukabasha kuba wa | government | |
inama ni ahantu hahuriwe n'abantu benshi abayobozi ndetse n'abandi bitabiriye inama bakaba bagamije kuganira ku iterambere ndetse n'ibindi biganiro byabungura muri rusange | government | |
umunara uri hagati y'amazu ujyana amashanyarazi mu bice bigiye bitandukanye by'abaturage mazu yabo muremure | government | |
ni byiza kwitonda igihe tugenda mu muhanda kubera ko bashobora kuba batugonga igihe turangaye bityo ubuzima bwacu bukajya mu kaga kandi twari dufite uburyo bwiza bwo kuburamira | government | |
ahantu basengera haba hatandukanye n'urugo rwo kubamo urusengero ubona rutandukanye n'inzu y'umuntu ku giti cye ntabwo biba byubatse kimwe wabitandukanya | government | |
iki kirango rero kirimo ishusho ya mpande eshatu harimo abana bari kugenda kigaragaza ko imbere hari ikigo cy'amashuri ndetse hafi aho hari ibyatsi n'insinga | government | |
ni ikibuga kirimo abakinnyi barimo gukina bahangana bakoresheje umupira w'amaguru hirya yaho hari abafana bicaye bari kureba ukuntu bari gukina umupira | government | |
umuhanda w'umukara aho ungenderwamo n'ibinyabiziga bitandukanye harimo ahari kugenderamo amapikipiki hirya yaho hakaba hari amamodoka aparitse hakaba hari n'umugenzi uri kugendera mu nzira y'abanyamaguru | government | |
igikoresho cyagenewe kuzimya inkongi y'umuriro ahantu byagoranye cyane kandi ikabikora neza cyane ifite umwuka wabugenewe wifashishwa muri icyo gikorwa | government |
End of preview. Expand in Data Studio
README.md exists but content is empty.
- Downloads last month
- -