Dataset Viewer
Auto-converted to Parquet Duplicate
audio
audioduration (s)
2.05
52.4
transcription
stringlengths
14
677
domain
stringclasses
1 value
ndabona akazu ka mtn k'umuhondo karimo umuntu uri gutanga serivise hanze hari abantu batanu bari gusaba serivise
financial
icyumba kirimo ubusa gifite ibikuta by'umweru ndetse bifite n'amatara acanye hejuru
financial
ibiganza by'umuntu uri kubara amafaranga menshi azirikishijwe agakoresha bazikisha amafaranga
financial
uyu ni umuntu w'igitsina gabo yambaye tisheti y'umukara afite byeri mu ntoki mu kirahure
financial
hano hari inote zitandukanye iya makumyabiri mirongo itanu ijana maganabiri maganatanu
financial
hano hari abantu ni babiri kandi ni abigitsina gore bambaye amabaji yabo mu ijosi n'imyenda y'mihondo
financial
ahantu heza cyane hateguye ibintu byinshi bitandukanye birimo imbuto n'imboga nk'inanasi imineke ndetse na ji
financial
iri ni iduka ricuruza ibyo kunywa ndetse hari n'icyuma kizwi cyane mu gukonjesha ibyo kunywa mu gihe umuntu ashaka ibikonje
financial
imbere yanjye ndahabona abantu batandatu batatu muri bo bafite anvelope mu ntoki zitukura bazengurutswe n'ibipirizo kuruhande ndahabona imodoka nshyashya ya mahindera
financial
hano hari indobo isa nk'ibonerena ndetse mo ndani harimo amandazi abiri yinyine n'akantu ko kuyafatisha
financial
imodoka z'ubwoko bugiye butandukanye zihagaze mu nyubako nini y'amakaro ndetse itatse amarangi y'umweru
financial
uyu ni umutaka ukoreramo umukozi w'ikigo k'itumanaho uri gufasha umufatabuguzi kubitsa kubikuza cyangwa kugura amayinite
financial
urupapuro rugaragaza urubuga nkoranyambaga rwifashisha kugurisha ibikoresho by'isuku rwitwa afuripadi mu buryo bw'ikoranabuhanga
financial
abantu batari benshi bahuriye mu nyubako cyangwa se mu iduka cyangwa se mu isoko ricururizwamo ibiribwa bitandukanye higanjemo imbuto nk'imineke inanasi ndetse n'ibindi byinshi
financial
umuryango w'inzu ufite igishushanyo hejuru ufite urugi rw'ibirahure mu imbere harimo ishusho y'abantu
financial
iduka ricururizwamo umuceri kawunga amavuta ha hagaze umuntu uri gucuruza kandi yambaye ikoti n'inkweto z'umweru
financial
akabari karagaragara ho urujya n'uruza rw'abantu batandukanye bishimye ku buryo buri wese ubona ko yishimye aganira na mugenzi we
financial
aka ni akaduka k'ikigo k'itumanaho gikoresha amabara y'umutuku n'umweru kegerezwa abafatabuguzi kugira ngo kabafashe kubitsa kubikuza ndetse no kwakira amafaranga
financial
inzu iherereye kabeza mu mujyi wa kigali ikaba igurishwa miliyoni mirongo irindwi n'eshanu z'amafaranga y'u rwanda ika ifite amabara meza y'umweru
financial
umuhanda wa kaburimbo hari kugendamo umuntu utwaye igare impande yaho harimo n'undi uri kugenda n'amaguru
financial
umuntu uhagaze imbere y'imbaga y'abantu benshi wambaye imyenda y'umukara ufite indangururamajwi y'umukara inyuma ye hakaba hari ikigega cy'umukara kijyamo amazi aturutse k'umureko w'inzu n'inzu yubatse n'amatafari ahiye
financial
umukobwa uhagaze yitonze arimo kwitaba terefone ibyo yari afite abifashije hasi yambaye ipantaro y'umukara n'ishati y'umweru ari ahantu hagaragara ibara ry'umweru n'ubururu
financial
abantu mu iduka bacuruza ibintu by'imbuto aho ndi kubona inanasi imineke n'ibindi bintu aho ushobora kubaka nawe bakaguha serivise zigiye zitandukanye
financial
akazu k'umuhondo gakoreshwa n'umukozi w'isosiyete y'itumanaho mu rwanda akaba ahahagazemo yambaye umupira w'umweru kandi yiteguye guha serivisi zigiye zitandukanye abaza bamugana
financial
umugabo wicaye yambaye umupira w'umweru yambaye ishakoshi y'umukara mu ijosi yambaye n'ipantaro y'ikoboyi afite telefone mu ntoki afite n'udukomo tubiri ku kuboko
financial
abantu batatu bafashe igihembo gisa nk'aho ari sheke ya banki yitwa coge bank
financial
icyapa gishishikariza abaturage kugira ubwishingizi bw'izabukuru akaba ari ikigo cy'igihugu gishinzwe ubwishingizi cyitwa ejo heza
financial
kubona abantu basa nkaho bari guhererekanya ibintu by'ibiribwa aho ari umugurisha n'umuguzi ushobora kuba ari kugura ibintu byo kurya
financial
iyo ukorera kampani runaka ikagera aho ikugirira ikizere ikaguha akazu n'abantu barakwizera ku buryo uhorana abakiriya benshi baje gushaka iyo serivisi yawe ukorera aho hantu
financial
ifaranga ryakoreshwaga muri bibiri n'icyenda ririho ikirangantego cy'igitoki cy'umuneke aho yubahirizwaga
financial
urupapuro rwerekana yuko umuntu amaze kwandikisha imirimo yiwe agiye kujya akora avuye kwimenyesha urwego rw'igihugu rushinzwe abikorera ndetse
financial
umugore wambaye ikanzu y'igitenge umusore wambaye isengeri y'umweru aramuhereza ikirahure kirimo amata iruhande rwe hicaye umugabo wambaye ikote ry'umukara n'ingofero y'ubururu
financial
uburyo bw'ikoranabuhanga bukoreshwa mu kwishyura ndetse no kohererezanya amafaranga hakoreshejwe mudasobwa cyangwa telefone igendanwa
financial
akazu kari mu ibara ry'umuhondo ka emutiyeni iruhande rwaho hari umugabo wambaye ishati y'igitenge ufite telefone mu ntoki hari undi mugabo wambaye ikanzu y'ubururu wambaye ingofero y'umweru mu mutwe uhetse igikapu m'umugongo
financial
umugabo wambaye ishati y'icyatsi yanditseho vuba vuba yambaye ipantaro y'ikoboyi iruhande rwe haparitse moto iriho aka bogisi kicyatsi kanditseho vuba vuba haribyo ari kurebamo
financial
nshoboraga kuza kugura amata yizewe kandi afite isuku nahanga no kwibona muri ibi birango biri mu mabare yu bururu n'utubido tw'umweru amajerekani hejuru ndetse n'amandazi amazi ya nili urabona ko akeye nk'uko tubivuga aradufasha cyane haba koga kuyateka cyangwa n'ibindi
financial
ni zimwe mu nzu zishinzwe gufasha abantu kubona aho barara kandi bakabaha n'umutekano usesuye bakabasigira amafaranga kugira ngo biteze imbere
financial
hoteri nziza cyane iriho aho bogera pisine ndetse ikaba iteguye neza ifite n'udutebe ushobora kuruhukiraho uvuye mumazi kandi izuba ritakwica
financial
avoka ni nziza kuyitera mu rugo kuko iyo kigeze hejuru kivamo voka umuntu akaba yabasha kubona kuzigaburira abana ariko nka gutya nanone kiba giteye munsi y'inzu ntabwo ari byi
financial
aho bacururiza amata hari icyuma kibikwamo amata kiri mu ry'ubururu iruhande rwacyo hari firigo irimo ibinyobwa bitandukanye ku ruhande hari kontwari itetsemo amacupa y'amazi
financial
icyapa kiyobora abakiriya bitegura gukoresha ubukwe iyo bahageze bibafasha kubona ibyo bashaka utabanje kuyoboza ni ingirakamaro cane
financial
gucuruza ibyo abantu bakeneye mu gace uherereyemo birafasha cyane nibwo ubona umukiriya uhagije
financial
imodoka nziza ifite ibara ry'umutuku bigaragara ko ari nshya iragurishwa n'ikigo cyitwa kigali kazi maketi hejuru batanze nimero ushaka kuyigura wahamagara
financial
ibitenge si ibyo gukenyera gusa kuko havamo imyenda myiza warimbana ukajya ahantu havamo amakanzu maremare cyangwa amagufi ndetse n'amajipo cyangwa amashati
financial
uru ni urupapuro rwo muri emutiyeni rwandikishijeho inyuguti nini rukoreshwa bashyiraho nimero zo kwishyuriraho n'amazina ya nyiri konti
financial
mu bigo bitanga ubwishingizi ku buzima ndetse n'imitungo uje abagana yakirwa na yombi ndetse bakamwereka bimwe mu biranga serivisi zabyo
financial
umugore wicaye mu iduka imbere ye hateretse igikombe cy'amata inyuma ye hakaba hari firigo irimo ibyo kunywa bitandukanye
financial
ubona abantu basa nk'a bari mu nzu y'ubucuruzi aho ushobora kwajya muri iyo nzu ukabasha kugura bimwe mu byo ukeneye ahubwo ushaka kwagura imyenda cyangwa se ibindi bintu birimo ibyo kurya n'ibyo kunywa
financial
ubucuruzi ni kimwe mu bikorwa bizamura abantu hiryano hino mu bihugu mu gihugu bagenda bubaka inzu zigezweho z'ubucuruzi zikeye zijyanye n'iterambere bitewe n'umuvuduko iterambere rigezeho hirya no hino
financial
ni isoko ricuruza imbuto harimo abarimo kugura hakaba harimo n'abarimo kugurisha kugira ngo bose bahane serivisi
financial
imodoka nziza y'umukara ifite amatara y'umweru iri muri kigali igurishwa amafaranga miliyoni cumi na zirindwi ihereye mu mujyi wa kigali hafi yazo hari imodoka nyinshi nazo zigurishwa kimwe na yo
financial
ni byiza kwigurira ikibanza ukiri mutoya cyangwa se ukakibikamo amafaranga kuko niba hari ikintu kitajya gihomba ni ubutaka rero nawe nakugira inama nkuko ubibona hano barabicuruza izi nimero nizo wababonaho rero ukabihaha igihe ushaka kwiyubakira
financial
amaduka aba meza cyane kuko adufasha kubona ikintu ushaka utabanje kujya mu isoko ibyo bikagufasha kwiteza imbere aho uri hose
financial
iduka ricururizwamo amata yo kunywa atandukanye ndetse n'imigati harimo n'ubujerekani bubikwamo amata mu buryo bwiza
financial
abakozi bakorera sosiyete y'itumanaho mu rwanda ni batatu hakaba hari uri gukorera umuntu waje amugana amuha serivise wenda yo kubikuza cyangwa se kubitsa cyangwa kohereza amafaranga ahandi hantu hatandukanye
financial
botike bacururizamo inzoga haba harimo abagabo benshi kuberako abagabo bakunda kunywa inzoga kandi abo bagabo baba bishimye bahuje ibiganiro
financial
nibyiza gukoresha apurikasiyo ya banke kuko biragufasha cyane aho ushobora kwikorera bimwe mu bintu byawe bitandukanye kugira ngo bikemuke vuba byihuse kujya nkokoreza amafaranga kwishyura amazi kwishyura umuriro n'ibindi
financial
ni icyapa gisize irangi ry'umweru cyandikishije mu magambo afite ibara ry'ubururu icyatsi n'umukara biri kugaragaza ko ari ahantu ushobora kubitsa amafaranga mu gihe cy'izabukuru ukazongera ukayasubizwa
financial
urupapuro ruba ku mahoteri n'amaresitora aho abantu barebaho ibyo kurya n'ibyo kunywa n'ibiciro byabyo kugira ngo babashe gutumiza ibyo kurya babirye cyangwa ibyo kunywa babinywe
financial
icyapa cya ecobank cyanditsweho de panafrica bank kandi ikirangantego cyabo kikaba kiri mu ibara ry'ubururu rirambitse kurindi barara ry'umweru
financial
ubwogero aho bukoreshwa n'abantu batandukanye baje baje gusaba serivisi zijyanye n'ubukerarugendo ndetse n'abandi baje baje kwishimisha aho hantu bu
financial
amazu acururizwamo ibintu byinshi bitandukanye harimo inzoga amatelefone n'ibindi aho urujya n'uruza rw'abantu banyuranamo baje kubishaka
financial
hari inzu zimwe zigeretse hakaba hari ibyapa bigiye biriho ibintu bitandukanye hakaba hari ikiriho cyanditse sonarwa genero akaba ari ikigo cy'ubwishingizi
financial
imitako iba myiza ishapure urayivuga uri gusenga amaherena n'ibindi byinshi ni ubwiza bituma usa neza ukanasenga
financial
umutaka wa airtel uri mu mabara y'umutuku wanditseho amagambo y'umweru imbere yabo hari abagabo batatu bambaye amajire ndetse n'uwambaye umupira byose ni umutuku
financial
imbuto hamwe na ji z'izo mbuto ziri mu bikombe akaba ari inanasi imineke ziri kuri utwo dutajeri ubona ko ari ahantu abantu bajya gushakira izo mbuto zabo bifuza
financial
iki n'ikirango cyerekana ubwisungane mu kwivuza mutuwere desante ifasha abanyarwanda kwivuza ku buryo bworoshye
financial
abakorera umurongo w'itumanaho wa emutiyeni bahagaze hamwe munsi y'umutaka w'umuhondo ndetse barimo baganira bakikijwe n'ibinyabiziga ndetse n'inyubako zindi z'ubucuruzi
financial
umugore ufite indangururamajwi akaba ahagaze mu bantu rwagati arimo kugenda abagezaho ubutumwa bugiye butandukanye inyuma kandi hakaba hariho abandi barimo kugenda bamwumva batega amatwi ibyo arimo kuvuga
financial
aka ni akazu ko umu ajenti wa emutiyeni akoreramo kanditseho amagambo yerekana serivise batanga harimo umu ajenti uri guha umukiriya serivise akeneye
financial
umugabo uhagaze imbere y'imeza aho ari kuvanga ibinyobwa bitandukanye kugira ngo akigire kimwe bitewe n'ibyo umukiriya yasabye
financial
mu nzu ikoreramo isosiyete y'itumanaho hakaba hari n'abakozi bayo bari guha serivise abaje babagana zitandukanye zijyane no kubitsa kubikuza cyangwa se kohereza amafaranga
financial
akabari gacuruza ibinyobwa bitandukanye harimo ibisembuye n'ibidasembuye aho gafite udutebe twiza tw'umweru twicaraho abakiriya baje gufata ibyo binyobwa
financial
akagera motozi ni kampani icuruza ama modoka ikaba ikorera mu mujyi wa kigali akaba ari kampani icuruza imodoka nyinshi z'ubwoko bwinshi kandi butandukanye
financial
ibi ni ibinyabiziga bikoreshwa mu gihe bajyanye ibicuruzwa ku bakirirya ndetse byambaye amasanduku ariho amazina y'isoko
financial
ifoto iriho uburyo bwo kwishyura hifashishijwe ikoranabuhanga hakaba hariho nimero y'umucuruzi ndetse n'izina ry'umucuruzi aho wishyura nta mafaranga ukaswe cyangwa wishyujwe
financial
inzoga bita virunga bayisutse mu kirahure hari bamwe bahitamo kuyinywera mu icupa abandi bagahitamo kunywera mu kirahure bitewe n'icyo buri muntu akunda cyane kurusha ikindi
financial
inzu ya hoteri ishobora kuba yakwakira ba mukerarugendo n'abandi baturutse hanze bakaza kuba baruhukiramo bagahabwa serivisi zigiye zitandukanye
financial
aka ni akazu k'umwajenti wa eyateri mane ndetse yambaye n'umupira utukura arimo guha serivisi umukiriya umugannye
financial
aha ngaha ni mu nzu itangirwamo ubufasha bujyanye n'ibibazo by'itumanaho kohereza no kwakira amafaranga hifashishijwe iyakure
financial
umuntu ufatishije urupapuro rw'isuku umutsima mwiza cyane ukozwe mu ifarini ukaba uryoha kubera ko uba urimo n'isukari ukundwa n'abantu batari bake cyane yaba abana cyangwa abantu bakuze
financial
amafaranga atandukanye akoreshwa mu bihugu byinshi bitandukanye afite agaciro gatandukanye ndetse afite buryo ki bashobora kuyavunjamo bitewe n'aho bagiye kuyavunjira
financial
akagera motozi ushobora kuba wajya ukeneye nko kugura imodoka ushobora kuba wayitwara ku buryo bugezweho
financial
iki ni icyapa kiri k'umuhanda cyubakishijwe mucyuma muburyo bwamashanyarazi cyamamaza ubwoko bwinzoga cyifashishije icupa nikirahure isutsemo
financial
umuhanda hakurya yawo hari urujya n'uruza rw'abantu bikoreye ibiribwa hakurya hari inyubako nyinshi ziri ku murongo
financial
ibishyimbo birinda indwara bitera imbaraga ababihinze nabo bagakora umushinga wo kubihinga babijyanye ku isoko babifitemo inyungu ibishyimbo ni byiza
financial
umusore arimo arakira uyu muntu wambaye ishati y'umweru ndetse bisa n'aho yaje kugura ibintu bitandukanye bari kubimuhereza hirya imipira ndetse n'amakabutura amapantaro n'ibindi
financial
ahantu hameze nko mu iduka ry'imyenda y'abagore imitako iboshye ibiseke n'ibindi biri mu nyubako ifite ibara ry'umweru
financial
ikirango cyerekana aho wagurira amata n'ibindi byose bituruka ku mata biva mu nka bitandukanye yaba amavuta y'inka n'ibindi bitandukanye
financial
ni byiza kuba wagura ibikoresho runaka byo mu nzu urugero intebe utubati ndetse n'ibindi noneho izi zo urabona ko zishasheho y'ibirahure ni aho kurira hasi urabona ko hari utuntu twiza cyane tugiye dutambitse
financial
akazu kagaragaza ahakorerwa ibijyanye n'umurongo mugari w'itumanaho kagizwe n'amabara y'umuhondo n'umukara hakaba hari abantu babiri
financial
ni inzu nini y'ubucuruzi yubatse mu buryo bugezweho yubakishije amakaro hasi irimo ibicuruzwa bigiye bitandukanye harimo umuntu wambaye umupira w'ubururu ipantaro y'umukara irimo imirongo y'umweru
financial
inzu ikodeshwa i kagugu hafi ya stasiyo ya santere ya rubisi ibyumba bibiri byo kuraramo na amatuwarete abiri
financial
amaresitora meza mu rwanda atanga serivisi nziza ku bakiriya babo harimo kubaha serivisi bifuza kubatekera neza ndetse n'ibindi bitandukanye bagenda babakorera
financial
hano hari imodoka igaragara ko ari imodoka igurishwa muri kigali handitseho kigali cars market ubwo ni imodoka iri mu modoka zigurishwa muri kigali
financial
iyi nzu ni nziza iyi nzu ni ndende iyi supermarket ni iyo ku gishushu
financial
ameza ateretseho ikirahure cy'amata hari umugore wicaye ufite amafaranga muntoki n'isakoshi iruhande rwe hari telefone iteretse kumeza hari na firigo
financial
zimwe mu nzu zishinzwe kubika no kubikuza amafaranga y'abaturage mu gihe bashaka kubitsa no kubikuza batanga bintu byose kugira ngo babateze imbere
financial
ni byiza ko nawe niba ukeneye kugura imyenda myiza wajya mu maduka ubona ko akeye baba bafite ibintu by'umwihariko bikomeye binadoze neza cyane cyane ibikorerwa inaha iwacu mu rwanda
financial
ibiraha cyangwa se isambusa ni ibintu bikorwa n'abantu kugira ngo babigurishe cyangwa se babyirire bikaba biryoha
financial
End of preview. Expand in Data Studio
README.md exists but content is empty.
Downloads last month
-