audio audioduration (s) 2.05 52.4 | transcription stringlengths 14 677 ⌀ | domain stringclasses 1
value |
|---|---|---|
ndabona akazu ka mtn k'umuhondo karimo umuntu uri gutanga serivise hanze hari abantu batanu bari gusaba serivise | financial | |
icyumba kirimo ubusa gifite ibikuta by'umweru ndetse bifite n'amatara acanye hejuru | financial | |
ibiganza by'umuntu uri kubara amafaranga menshi azirikishijwe agakoresha bazikisha amafaranga | financial | |
uyu ni umuntu w'igitsina gabo yambaye tisheti y'umukara afite byeri mu ntoki mu kirahure | financial | |
hano hari inote zitandukanye iya makumyabiri mirongo itanu ijana maganabiri maganatanu | financial | |
hano hari abantu ni babiri kandi ni abigitsina gore bambaye amabaji yabo mu ijosi n'imyenda y'mihondo | financial | |
ahantu heza cyane hateguye ibintu byinshi bitandukanye birimo imbuto n'imboga nk'inanasi imineke ndetse na ji | financial | |
iri ni iduka ricuruza ibyo kunywa ndetse hari n'icyuma kizwi cyane mu gukonjesha ibyo kunywa mu gihe umuntu ashaka ibikonje | financial | |
imbere yanjye ndahabona abantu batandatu batatu muri bo bafite anvelope mu ntoki zitukura bazengurutswe n'ibipirizo kuruhande ndahabona imodoka nshyashya ya mahindera | financial | |
hano hari indobo isa nk'ibonerena ndetse mo ndani harimo amandazi abiri yinyine n'akantu ko kuyafatisha | financial | |
imodoka z'ubwoko bugiye butandukanye zihagaze mu nyubako nini y'amakaro ndetse itatse amarangi y'umweru | financial | |
uyu ni umutaka ukoreramo umukozi w'ikigo k'itumanaho uri gufasha umufatabuguzi kubitsa kubikuza cyangwa kugura amayinite | financial | |
urupapuro rugaragaza urubuga nkoranyambaga rwifashisha kugurisha ibikoresho by'isuku rwitwa afuripadi mu buryo bw'ikoranabuhanga | financial | |
abantu batari benshi bahuriye mu nyubako cyangwa se mu iduka cyangwa se mu isoko ricururizwamo ibiribwa bitandukanye higanjemo imbuto nk'imineke inanasi ndetse n'ibindi byinshi | financial | |
umuryango w'inzu ufite igishushanyo hejuru ufite urugi rw'ibirahure mu imbere harimo ishusho y'abantu | financial | |
iduka ricururizwamo umuceri kawunga amavuta ha hagaze umuntu uri gucuruza kandi yambaye ikoti n'inkweto z'umweru | financial | |
akabari karagaragara ho urujya n'uruza rw'abantu batandukanye bishimye ku buryo buri wese ubona ko yishimye aganira na mugenzi we | financial | |
aka ni akaduka k'ikigo k'itumanaho gikoresha amabara y'umutuku n'umweru kegerezwa abafatabuguzi kugira ngo kabafashe kubitsa kubikuza ndetse no kwakira amafaranga | financial | |
inzu iherereye kabeza mu mujyi wa kigali ikaba igurishwa miliyoni mirongo irindwi n'eshanu z'amafaranga y'u rwanda ika ifite amabara meza y'umweru | financial | |
umuhanda wa kaburimbo hari kugendamo umuntu utwaye igare impande yaho harimo n'undi uri kugenda n'amaguru | financial | |
umuntu uhagaze imbere y'imbaga y'abantu benshi wambaye imyenda y'umukara ufite indangururamajwi y'umukara inyuma ye hakaba hari ikigega cy'umukara kijyamo amazi aturutse k'umureko w'inzu n'inzu yubatse n'amatafari ahiye | financial | |
umukobwa uhagaze yitonze arimo kwitaba terefone ibyo yari afite abifashije hasi yambaye ipantaro y'umukara n'ishati y'umweru ari ahantu hagaragara ibara ry'umweru n'ubururu | financial | |
abantu mu iduka bacuruza ibintu by'imbuto aho ndi kubona inanasi imineke n'ibindi bintu aho ushobora kubaka nawe bakaguha serivise zigiye zitandukanye | financial | |
akazu k'umuhondo gakoreshwa n'umukozi w'isosiyete y'itumanaho mu rwanda akaba ahahagazemo yambaye umupira w'umweru kandi yiteguye guha serivisi zigiye zitandukanye abaza bamugana | financial | |
umugabo wicaye yambaye umupira w'umweru yambaye ishakoshi y'umukara mu ijosi yambaye n'ipantaro y'ikoboyi afite telefone mu ntoki afite n'udukomo tubiri ku kuboko | financial | |
abantu batatu bafashe igihembo gisa nk'aho ari sheke ya banki yitwa coge bank | financial | |
icyapa gishishikariza abaturage kugira ubwishingizi bw'izabukuru akaba ari ikigo cy'igihugu gishinzwe ubwishingizi cyitwa ejo heza | financial | |
kubona abantu basa nkaho bari guhererekanya ibintu by'ibiribwa aho ari umugurisha n'umuguzi ushobora kuba ari kugura ibintu byo kurya | financial | |
iyo ukorera kampani runaka ikagera aho ikugirira ikizere ikaguha akazu n'abantu barakwizera ku buryo uhorana abakiriya benshi baje gushaka iyo serivisi yawe ukorera aho hantu | financial | |
ifaranga ryakoreshwaga muri bibiri n'icyenda ririho ikirangantego cy'igitoki cy'umuneke aho yubahirizwaga | financial | |
urupapuro rwerekana yuko umuntu amaze kwandikisha imirimo yiwe agiye kujya akora avuye kwimenyesha urwego rw'igihugu rushinzwe abikorera ndetse | financial | |
umugore wambaye ikanzu y'igitenge umusore wambaye isengeri y'umweru aramuhereza ikirahure kirimo amata iruhande rwe hicaye umugabo wambaye ikote ry'umukara n'ingofero y'ubururu | financial | |
uburyo bw'ikoranabuhanga bukoreshwa mu kwishyura ndetse no kohererezanya amafaranga hakoreshejwe mudasobwa cyangwa telefone igendanwa | financial | |
akazu kari mu ibara ry'umuhondo ka emutiyeni iruhande rwaho hari umugabo wambaye ishati y'igitenge ufite telefone mu ntoki hari undi mugabo wambaye ikanzu y'ubururu wambaye ingofero y'umweru mu mutwe uhetse igikapu m'umugongo | financial | |
umugabo wambaye ishati y'icyatsi yanditseho vuba vuba yambaye ipantaro y'ikoboyi iruhande rwe haparitse moto iriho aka bogisi kicyatsi kanditseho vuba vuba haribyo ari kurebamo | financial | |
nshoboraga kuza kugura amata yizewe kandi afite isuku nahanga no kwibona muri ibi birango biri mu mabare yu bururu n'utubido tw'umweru amajerekani hejuru ndetse n'amandazi amazi ya nili urabona ko akeye nk'uko tubivuga aradufasha cyane haba koga kuyateka cyangwa n'ibindi | financial | |
ni zimwe mu nzu zishinzwe gufasha abantu kubona aho barara kandi bakabaha n'umutekano usesuye bakabasigira amafaranga kugira ngo biteze imbere | financial | |
hoteri nziza cyane iriho aho bogera pisine ndetse ikaba iteguye neza ifite n'udutebe ushobora kuruhukiraho uvuye mumazi kandi izuba ritakwica | financial | |
avoka ni nziza kuyitera mu rugo kuko iyo kigeze hejuru kivamo voka umuntu akaba yabasha kubona kuzigaburira abana ariko nka gutya nanone kiba giteye munsi y'inzu ntabwo ari byi | financial | |
aho bacururiza amata hari icyuma kibikwamo amata kiri mu ry'ubururu iruhande rwacyo hari firigo irimo ibinyobwa bitandukanye ku ruhande hari kontwari itetsemo amacupa y'amazi | financial | |
icyapa kiyobora abakiriya bitegura gukoresha ubukwe iyo bahageze bibafasha kubona ibyo bashaka utabanje kuyoboza ni ingirakamaro cane | financial | |
gucuruza ibyo abantu bakeneye mu gace uherereyemo birafasha cyane nibwo ubona umukiriya uhagije | financial | |
imodoka nziza ifite ibara ry'umutuku bigaragara ko ari nshya iragurishwa n'ikigo cyitwa kigali kazi maketi hejuru batanze nimero ushaka kuyigura wahamagara | financial | |
ibitenge si ibyo gukenyera gusa kuko havamo imyenda myiza warimbana ukajya ahantu havamo amakanzu maremare cyangwa amagufi ndetse n'amajipo cyangwa amashati | financial | |
uru ni urupapuro rwo muri emutiyeni rwandikishijeho inyuguti nini rukoreshwa bashyiraho nimero zo kwishyuriraho n'amazina ya nyiri konti | financial | |
mu bigo bitanga ubwishingizi ku buzima ndetse n'imitungo uje abagana yakirwa na yombi ndetse bakamwereka bimwe mu biranga serivisi zabyo | financial | |
umugore wicaye mu iduka imbere ye hateretse igikombe cy'amata inyuma ye hakaba hari firigo irimo ibyo kunywa bitandukanye | financial | |
ubona abantu basa nk'a bari mu nzu y'ubucuruzi aho ushobora kwajya muri iyo nzu ukabasha kugura bimwe mu byo ukeneye ahubwo ushaka kwagura imyenda cyangwa se ibindi bintu birimo ibyo kurya n'ibyo kunywa | financial | |
ubucuruzi ni kimwe mu bikorwa bizamura abantu hiryano hino mu bihugu mu gihugu bagenda bubaka inzu zigezweho z'ubucuruzi zikeye zijyanye n'iterambere bitewe n'umuvuduko iterambere rigezeho hirya no hino | financial | |
ni isoko ricuruza imbuto harimo abarimo kugura hakaba harimo n'abarimo kugurisha kugira ngo bose bahane serivisi | financial | |
imodoka nziza y'umukara ifite amatara y'umweru iri muri kigali igurishwa amafaranga miliyoni cumi na zirindwi ihereye mu mujyi wa kigali hafi yazo hari imodoka nyinshi nazo zigurishwa kimwe na yo | financial | |
ni byiza kwigurira ikibanza ukiri mutoya cyangwa se ukakibikamo amafaranga kuko niba hari ikintu kitajya gihomba ni ubutaka rero nawe nakugira inama nkuko ubibona hano barabicuruza izi nimero nizo wababonaho rero ukabihaha igihe ushaka kwiyubakira | financial | |
amaduka aba meza cyane kuko adufasha kubona ikintu ushaka utabanje kujya mu isoko ibyo bikagufasha kwiteza imbere aho uri hose | financial | |
iduka ricururizwamo amata yo kunywa atandukanye ndetse n'imigati harimo n'ubujerekani bubikwamo amata mu buryo bwiza | financial | |
abakozi bakorera sosiyete y'itumanaho mu rwanda ni batatu hakaba hari uri gukorera umuntu waje amugana amuha serivise wenda yo kubikuza cyangwa se kubitsa cyangwa kohereza amafaranga ahandi hantu hatandukanye | financial | |
botike bacururizamo inzoga haba harimo abagabo benshi kuberako abagabo bakunda kunywa inzoga kandi abo bagabo baba bishimye bahuje ibiganiro | financial | |
nibyiza gukoresha apurikasiyo ya banke kuko biragufasha cyane aho ushobora kwikorera bimwe mu bintu byawe bitandukanye kugira ngo bikemuke vuba byihuse kujya nkokoreza amafaranga kwishyura amazi kwishyura umuriro n'ibindi | financial | |
ni icyapa gisize irangi ry'umweru cyandikishije mu magambo afite ibara ry'ubururu icyatsi n'umukara biri kugaragaza ko ari ahantu ushobora kubitsa amafaranga mu gihe cy'izabukuru ukazongera ukayasubizwa | financial | |
urupapuro ruba ku mahoteri n'amaresitora aho abantu barebaho ibyo kurya n'ibyo kunywa n'ibiciro byabyo kugira ngo babashe gutumiza ibyo kurya babirye cyangwa ibyo kunywa babinywe | financial | |
icyapa cya ecobank cyanditsweho de panafrica bank kandi ikirangantego cyabo kikaba kiri mu ibara ry'ubururu rirambitse kurindi barara ry'umweru | financial | |
ubwogero aho bukoreshwa n'abantu batandukanye baje baje gusaba serivisi zijyanye n'ubukerarugendo ndetse n'abandi baje baje kwishimisha aho hantu bu | financial | |
amazu acururizwamo ibintu byinshi bitandukanye harimo inzoga amatelefone n'ibindi aho urujya n'uruza rw'abantu banyuranamo baje kubishaka | financial | |
hari inzu zimwe zigeretse hakaba hari ibyapa bigiye biriho ibintu bitandukanye hakaba hari ikiriho cyanditse sonarwa genero akaba ari ikigo cy'ubwishingizi | financial | |
imitako iba myiza ishapure urayivuga uri gusenga amaherena n'ibindi byinshi ni ubwiza bituma usa neza ukanasenga | financial | |
umutaka wa airtel uri mu mabara y'umutuku wanditseho amagambo y'umweru imbere yabo hari abagabo batatu bambaye amajire ndetse n'uwambaye umupira byose ni umutuku | financial | |
imbuto hamwe na ji z'izo mbuto ziri mu bikombe akaba ari inanasi imineke ziri kuri utwo dutajeri ubona ko ari ahantu abantu bajya gushakira izo mbuto zabo bifuza | financial | |
iki n'ikirango cyerekana ubwisungane mu kwivuza mutuwere desante ifasha abanyarwanda kwivuza ku buryo bworoshye | financial | |
abakorera umurongo w'itumanaho wa emutiyeni bahagaze hamwe munsi y'umutaka w'umuhondo ndetse barimo baganira bakikijwe n'ibinyabiziga ndetse n'inyubako zindi z'ubucuruzi | financial | |
umugore ufite indangururamajwi akaba ahagaze mu bantu rwagati arimo kugenda abagezaho ubutumwa bugiye butandukanye inyuma kandi hakaba hariho abandi barimo kugenda bamwumva batega amatwi ibyo arimo kuvuga | financial | |
aka ni akazu ko umu ajenti wa emutiyeni akoreramo kanditseho amagambo yerekana serivise batanga harimo umu ajenti uri guha umukiriya serivise akeneye | financial | |
umugabo uhagaze imbere y'imeza aho ari kuvanga ibinyobwa bitandukanye kugira ngo akigire kimwe bitewe n'ibyo umukiriya yasabye | financial | |
mu nzu ikoreramo isosiyete y'itumanaho hakaba hari n'abakozi bayo bari guha serivise abaje babagana zitandukanye zijyane no kubitsa kubikuza cyangwa se kohereza amafaranga | financial | |
akabari gacuruza ibinyobwa bitandukanye harimo ibisembuye n'ibidasembuye aho gafite udutebe twiza tw'umweru twicaraho abakiriya baje gufata ibyo binyobwa | financial | |
akagera motozi ni kampani icuruza ama modoka ikaba ikorera mu mujyi wa kigali akaba ari kampani icuruza imodoka nyinshi z'ubwoko bwinshi kandi butandukanye | financial | |
ibi ni ibinyabiziga bikoreshwa mu gihe bajyanye ibicuruzwa ku bakirirya ndetse byambaye amasanduku ariho amazina y'isoko | financial | |
ifoto iriho uburyo bwo kwishyura hifashishijwe ikoranabuhanga hakaba hariho nimero y'umucuruzi ndetse n'izina ry'umucuruzi aho wishyura nta mafaranga ukaswe cyangwa wishyujwe | financial | |
inzoga bita virunga bayisutse mu kirahure hari bamwe bahitamo kuyinywera mu icupa abandi bagahitamo kunywera mu kirahure bitewe n'icyo buri muntu akunda cyane kurusha ikindi | financial | |
inzu ya hoteri ishobora kuba yakwakira ba mukerarugendo n'abandi baturutse hanze bakaza kuba baruhukiramo bagahabwa serivisi zigiye zitandukanye | financial | |
aka ni akazu k'umwajenti wa eyateri mane ndetse yambaye n'umupira utukura arimo guha serivisi umukiriya umugannye | financial | |
aha ngaha ni mu nzu itangirwamo ubufasha bujyanye n'ibibazo by'itumanaho kohereza no kwakira amafaranga hifashishijwe iyakure | financial | |
umuntu ufatishije urupapuro rw'isuku umutsima mwiza cyane ukozwe mu ifarini ukaba uryoha kubera ko uba urimo n'isukari ukundwa n'abantu batari bake cyane yaba abana cyangwa abantu bakuze | financial | |
amafaranga atandukanye akoreshwa mu bihugu byinshi bitandukanye afite agaciro gatandukanye ndetse afite buryo ki bashobora kuyavunjamo bitewe n'aho bagiye kuyavunjira | financial | |
akagera motozi ushobora kuba wajya ukeneye nko kugura imodoka ushobora kuba wayitwara ku buryo bugezweho | financial | |
iki ni icyapa kiri k'umuhanda cyubakishijwe mucyuma muburyo bwamashanyarazi cyamamaza ubwoko bwinzoga cyifashishije icupa nikirahure isutsemo | financial | |
umuhanda hakurya yawo hari urujya n'uruza rw'abantu bikoreye ibiribwa hakurya hari inyubako nyinshi ziri ku murongo | financial | |
ibishyimbo birinda indwara bitera imbaraga ababihinze nabo bagakora umushinga wo kubihinga babijyanye ku isoko babifitemo inyungu ibishyimbo ni byiza | financial | |
umusore arimo arakira uyu muntu wambaye ishati y'umweru ndetse bisa n'aho yaje kugura ibintu bitandukanye bari kubimuhereza hirya imipira ndetse n'amakabutura amapantaro n'ibindi | financial | |
ahantu hameze nko mu iduka ry'imyenda y'abagore imitako iboshye ibiseke n'ibindi biri mu nyubako ifite ibara ry'umweru | financial | |
ikirango cyerekana aho wagurira amata n'ibindi byose bituruka ku mata biva mu nka bitandukanye yaba amavuta y'inka n'ibindi bitandukanye | financial | |
ni byiza kuba wagura ibikoresho runaka byo mu nzu urugero intebe utubati ndetse n'ibindi noneho izi zo urabona ko zishasheho y'ibirahure ni aho kurira hasi urabona ko hari utuntu twiza cyane tugiye dutambitse | financial | |
akazu kagaragaza ahakorerwa ibijyanye n'umurongo mugari w'itumanaho kagizwe n'amabara y'umuhondo n'umukara hakaba hari abantu babiri | financial | |
ni inzu nini y'ubucuruzi yubatse mu buryo bugezweho yubakishije amakaro hasi irimo ibicuruzwa bigiye bitandukanye harimo umuntu wambaye umupira w'ubururu ipantaro y'umukara irimo imirongo y'umweru | financial | |
inzu ikodeshwa i kagugu hafi ya stasiyo ya santere ya rubisi ibyumba bibiri byo kuraramo na amatuwarete abiri | financial | |
amaresitora meza mu rwanda atanga serivisi nziza ku bakiriya babo harimo kubaha serivisi bifuza kubatekera neza ndetse n'ibindi bitandukanye bagenda babakorera | financial | |
hano hari imodoka igaragara ko ari imodoka igurishwa muri kigali handitseho kigali cars market ubwo ni imodoka iri mu modoka zigurishwa muri kigali | financial | |
iyi nzu ni nziza iyi nzu ni ndende iyi supermarket ni iyo ku gishushu | financial | |
ameza ateretseho ikirahure cy'amata hari umugore wicaye ufite amafaranga muntoki n'isakoshi iruhande rwe hari telefone iteretse kumeza hari na firigo | financial | |
zimwe mu nzu zishinzwe kubika no kubikuza amafaranga y'abaturage mu gihe bashaka kubitsa no kubikuza batanga bintu byose kugira ngo babateze imbere | financial | |
ni byiza ko nawe niba ukeneye kugura imyenda myiza wajya mu maduka ubona ko akeye baba bafite ibintu by'umwihariko bikomeye binadoze neza cyane cyane ibikorerwa inaha iwacu mu rwanda | financial | |
ibiraha cyangwa se isambusa ni ibintu bikorwa n'abantu kugira ngo babigurishe cyangwa se babyirire bikaba biryoha | financial |
End of preview. Expand in Data Studio
README.md exists but content is empty.
- Downloads last month
- -